vistiors n'ibihugu

Wednesday 15 April 2015

Ni gute wakorana imibonano mpuzabitsina n’umugore wawe akazana amavangingo umunezero ukaba wose murugo?

Mu Rwanda ndetse no mu mahanga iki kibazo gituma ingo nyinshi zisenyuka, bamwe baba bavuga ngo abagore cyangwa abakunzi babo no iyo biha akabyiza ntamazi bagir ugusanga ibi biteje amakimbirane kubera umunezero w’umwihariko bitanga ku mugore ndetse no kumugabo barimo kubonana.

.Dore uburyo bw’inshi bwo gukora imibonano mpuza bitsina umudamu wawe akazana amazi(amavangingo) , urasangamo n’ inama nawe mugabo cyangwa musore wibaza uko bikorwa(Positions zo gukora imibonano mpuzabitsina n’umufasha wawe mukagera kubyishimo bibanogeye.
• Gukoresha imibonano mpuzabitsina wicaje umukunzi wawe ku bitsinsino
Umwicaza ku butsitsino maze amaguru akayarenza hejuru y’ibibero byawe agafata hasi yishingikirije ibiganza bye maze maze mugakora igikorwa nyamukuru amazi akaza, aha iyo agiye gusohora umufata mu mugongo kugira ngo atisimbiza kubera uburyohe bwinshi akavunika.
• Gukoresha imibonano mpuzabitsina umukunzi wawe umwicaje ku ntebe N’uburyo bwiza cyane bwo gukora imibonano muzabitsina amazi akaza, ubu buryo ntawe buvuna kandi wicara ku ntebe y’urukiko n’umugore bikaba uko mukegerana maze amaguru yanyu agasobekerana aye akayahagarika ku tubaho ku ruhande bigatuma igitsina cye cyiza imbere cyane noneho ukabona ubona ukora igikorwa nyamukuru amazi akaza. Ubu buryo bwo bwo kubonana gutya ntibuvuna. Bifasha umugongo kutaruha kandi akarekura amazi neza kuko umugongo urambuye.
• Gukora imibonano mpuzabitsina muhagaze
Ni uburyo bwo bwo kubonana buryoha nabwo arekura amazi . Munyuranya amaguru maze ukamutandukanya amaguru agasa nuteye intambwe, ukuguru kumwe ku ntebe,ku gitanda,cyangwa se ikindi kintu kigiye hejuru ho gatoya ukundi hasi; ugafata umutwe w’ igitsina cyawe ukajya uwukomanga kuri kurugingo remezo rw’igitsina cye ,maze urwo rugingo rwe rukarekura amaziariko yuhagira umugabo umubiri wepfo wose. Ubu buryo bwo kubonana amazi aza bukunze gukoreshwa igihe abantu badafite umwanya n’aho kubikorera heza.
.Uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina amazi akaza
• Aha ushobora gukoresha urutoki
Iyo umugore afite ubushake bwo kubonana, mukora imibonano mpuzabitsina umugore afashe umutwe w’igitsina cy’umugabo maze ukajya akajya akubita buke buke ku rugingo nyamukuru rw’igitsina cye gore. Aha wowe mugabo ushyiramo ingufu n’ubumnga mu gihe kitarengeje amasegonda 100 cyangwa umunota n’amasegonda 40 igikorwa nyamukuru kiba kibaye.
• Gukora imibonano uzanisha amazi
Ni uburyo buryohera abagore ukubita igitsina cyawwe hagati y’ibice niro byombi maze ukajya uzamura umanura ,icyo gihe umugore aritsa ahumeka ukabona ko aryohewe,ubikora nk’imashini ntumutegereza kugera aho amisha amazi ashyushye , wowe ukamezanya ubwitonzi n’ubuhanga nk’umugabo.
*Gukora imibonano vuba vuba amazi akaza.
Ukora ufashe igitsina gabo ukagitsibagura kuri gice ngiro cyawe mugore, maze ugatsibura gahoro ku myamya y’imbere mugitsina cyawe maze bikaza kugenda neza.
*Gukora imibona uzunguza cyane igitsina gabo mugitsina gore
Ni uburyo butuma umugore anyurwa n’umubonano.Igitsina gabo kinjira mu mu gitsina gore ugafata umutwe w’igitsina cy’umugabo maze ukajya ukubita ujyana mu mpande zose z’igitsina cy’umugore hepfo no haruguru mu mpande no mu muzenguruko wacyo. Abagore bafite imbyaro nyinshi barabikunda, bamena amavangingo menshi avanze n’urukonda.Umugore bakunda gukorera imibonano muri ubu buryo ,cyane ubona ahora anezerewe ku buryo iyo atabibona arwara za rubagimpande ndetse no mu nda.
*Gukora imibonano umeze nk’ukama
Ufata igitsina gabo ukakinjiza mu marebe y’igitsina gore maze ugafata imyanya y’imbere yo mugitsina gore ,ukayikurura usa n’uyipima ku gitsina cyawe mugabo, hanyuma y’ibi ukayifatana n,igitsina cyawe maze ukazunguza umanura uzamura utambitse ariko ukoza igitsina gabo ku myanya yabugenewe y’umugore.Iyo myanya ihita ireta nk’amabere maze ikivuruganya.Ugomba kwitonda kuko uwo mwanya gore ushobora gucika cyagwa ugakomereka mu gihe ugize cyane utarimo gucunga
*Gukora imibonano usa n’uwoga mu mazi
Ufata isonga y’ururimi ukayipima hagati y’ imyanya y’imbere y’igitsina gore n’undi mwanya we umwe ngiro maze ukajabagira yatangira kurekura amazi ugapfundikiza isonga mu kenge akazana amavangingo maze agasa nuhejeje umwuka ukarekura maze agasa n’aho acitse ingufu .Ugomba kwirinda kumira amavangingo kandi bikorerwa umuntu wapimishije ko adafite imitezi( cyangwa izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
*Gukora imibonano umeze nk’ukamisha Aha umusore aba adafite ubushake bwo kukoresha imibonano igitsina , ashaka gukoresha intoki ze maze agasa nk;uhera inyuma umugore we maze ukaherezamo intoki muri ya myanya y’imbere mu gitsina hanyuma agasa nk’ushishira buke buke akurura akaza kurekura amazi.
Icyitonderwa: utitonze ushobora gukomeretsa inyama zo mu nda iyo ufite inzara ndende.
Dore icyo ukora wowe mugabo kugirango mu mibonano umudamu wawe aze kurekura amavangingo maze ibihe bibe byiza
Mbere na mbere wowe mugabo banza ubwawe wikure mu mutwe ko ataza kurekura amavangingo . Wemere ko aza kuyarekura kandi ko niba atayarekura , ko azayarekura nimumara kubimenyera no kubigerageza inshuro nyinshi kandi wige kubikora nk’uko nabikunyuriyemo haruguru kuko umugore ntapfa kuyarekura niwowe ubumukoresha . Hari uburyo bubiri bwo kubonana arekura amazi.
1.Gukoresha igitsina cy’umugabo
Ubu buryo bwo bwo gutuma arekura amavangingo ushobora kubukoresha iyo utajya usohora vuba.Ufata umutwe w’igitsina cyawe ukajya uwukubita ku gice ngiro cyo mu mwanya y’igitsina cy’umugore kugeza igihe haziye inkari zishyushye.
2.Gukoresha urutoki
Aha ukoresha urutoki musumba zose ukajya usa n’ukinishakinisha umwanya ngiro w’umugore , uzamura umanura vuba vuba ubundi akarekura amavangingo .Gusa gukoresha urutoki biraryoha cyane kuko rwo rudahusha ku buryo ubikoragera aho igitsina cy’umugabo kibagirwa kugera , aha harimo abagore bahitamo ikoreshwa ry’intoki kurusha igitsina cy’umugabo
ICYITONDERWA
Gukora imibonano mpuzabitsina amavangingo akaza ntabwo byoroshye nko kubivuga mu rurimi. Ni ngombwa kumenya kubikora kugira ngo ushimishanye n’uwo mubikorana,iyo bidashobotse ashobora kujya kubihiga aho akeka ko yabibona, umubano ukaba wakwangirika kubera ubuswa.
Mbere yo kubigora mugomba kubanza mukitegura ,mukaganira neza,mugakuraho inzitizi izo ari zo zose zatuma mudakundana cyane ku buryo mwimariranamo .

Mugabo ugomba kwereka umugore ko umukunda,ukamushimashima,ukamusoma,ushobora no kumubwira mbere y’igihe ko wifuza imibonano umubiri we ukaba witegura kukwakira. Wowe mugore nawe ukerekana ko ushimishijwe n’ibyo arimo,ukajya umukorera ibishoboka byose umubonano ukagenda neza, hanyuma umugabo akamumwenyura,ukamukorakora.Iyo imibonano yateguwe neza ,nta kabuza biraryoha .Naho ubundi nugenda ugafata umugore wawe ukabikora uko wiboneye ntacyo muzageraho n’ejo yakwigendera akajya ajya gushaka ababimukorera neza.

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More