vistiors n'ibihugu

Monday 10 November 2014

Dore ibintu 6 by’abakobwa bikurura abasore mu buryo bworoshye

Dore ibintu 6 by’abakobwa bikurura abasore mu buryo bworoshye  
Iyo umusore ahuye n’umukobwa bwa mbere, akenshi hari ibintu ako kanya bihita bijya mu bwonko bw’umuhungu, rimwe na rimwe agahita atangira kubitekereza cyane. Ndacyeka abasore bari bwemeranywe nanjye nyuma yo gusoma ibi :
1.Amabere
Abasore benshi bari bwemeranywe najye kuri iki, Amabere y’abakobwa ashobora gukurura abasore benshi, aha ni ahantu ha mbere abasore benshi bitaho ku mukobwa. Abasore basuzuma bitandukanye ndetse ntabwo bose bakunda amabere ameze kimwe,buri umwe aba akunda ubwoko bw’amabere butandukanye, hari abakunda amabere manini, abakunda amabere mato…..!buri umwe akunda ukwe.
2.Imyambarire
Uburyo wambara bishobora gukurura umusore.umusore wakunze imyambarire yawe icyo gihe uba wamushoboye ukoresheje imyambarire yawe gusa,ubushakashatsi bwerekanye ko abasore benshi bo kw’isi ko bakunda abakobwa Bambara imyenda ibegereye cyane ishushanya uruhu rwabo rushobora kubakurura rukabatera ikibazo.
3.Inseko nziza
Abasore benshi bakururwa n’umukowa ufite inseko nziza batitaye aho ava,Inseko nziza ni nka sumaku,kandi ni nabwo buryo bworoshye butuma umusore atangira ibiganiro n’umukobwa bitewe n’inseko ye.
4.Amaguru
Witekereza ko abasore batita ku maguru y’abakobwa,barabikora.hari abasore bakunda umukobwa ufite amaguru maremare,umukobwa ufite amaguru manini,umukobwa ufite amaguru mato,amaguru afite amaribori… !!Bityo abakobwa bafite kuzanjya bitondera amaguru yabo,niba uziko ufite amaguru meza wigira isoni zo kuyerekana.
5.Imisatsi myiza
Umukobwa w’imisatsi myiza ashobora gukurura abasore batagira ingano,witekereza ko amasaha yose ufata wita ku musatsi wawe ko apfa ubusa,abasore bakunda umukobwa ufite umusatsi mwiza kandi usukuye,abanyabwenge bavuga ko ubwiza bw’umukobwa ko ari umusatsi.
6.Umubiri "uruhu"
Umubiri w’umukobwa nawo ni kimwe ahubwo mu bintu by’ingenzi bikurura abasore,umubiri witayeho,wasize neza,usa neza ukurura umusore.Bityo niba ushaka kuba uw’igikundiro mu basore gerageza ujye wirinda kugira umubiri ufite ibiheri,mbese ugire umubiri mwiza

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More