vistiors n'ibihugu

Wednesday, 31 January 2018

Impamvu n’ uburyo wahisha nimero ya telefone yawe iri kuri facebook

Urubuga nkoranyambaga rwa Facebook rushishikariza abantu barukoresha ko bakwirirye kongeraho nimero za telefone zabo kugirango bongere umutekano wa konti zabo, ariko kubikora gutyo bishobora gutuma hari ibindi bibazo byavamo. Bityo tugiye kubereka uburyo ushobora guhisha nimero ya telefone yawe washyize kuri facebook ndetse n’ impamvu ukwiriye guhita ubikora. Ese wigeze ushyira nimero yawe kuri konti yawe yo kuri facebook ? Niba igisubizo watanga kuri icyo kibazo ari Yego ; warubizi...

Thursday, 24 August 2017

Ni gute watangiza website yawe ikajya ikwinjiriza amafaranga?

amafaranga? Muri iki kinyejana cya 21, ikoreshwa rya interineti rikomeje gutera imbere mu buryo butangaje, bityo kimwe mu bintu bishobora gufasha umuntu kwinjiza amafaranga ni ukugira website imufasha kumenyekanisha ibikorwa bye cyangwa ushobora kuyigira ikaba ariyo business mu gihe waba uyikoresha nk’ikinyamakuru gikorera kuri interineti.Hari abantu baba bafite ubumenyi mu bintu bitandukanye bakesha kuba barakuye mu mashuri makuru na kaminuza; bityo bashobora kubikoresha bikabvinjiriza amafaranga. 1#...

Wednesday, 9 August 2017

Hari imbuga zimwe zitemerera abantu gukora Text Selection-Copy-Paste. Reba uko wabihindura

Hasigaye hariho imbuga za internet nyinshi zibuza abantu kuba babasha gukora copy y’ ibintu bimwe na bimwe biba byaranditswe bigashyirwa kuri izo mbuga. Ndetse ugasanga no gukora Text Selection ukoresheje mouse cg keyboard nabyo bidakunda. Ibi nagiye mbibona ku mbuga zitandukanye ari izandika amakuru, imbuga z’ibigo bitandukanye nka za Banki, nizindi aho usanga umuntu atemerewe kugira ikintu akorera copy. Iyi nyandiko twabakoreye ikubiyemo inshamake yuburyo bw’ ubuhanga wakoresha...

Utuntu tw’ ubwenge ukwiriye kumenya kuri whatsapp

Burya hari ibintu by’ ubuhanga byinshi whatsapp igira abantu benshi badakunze kumenya. Hano twabegeranyije byinshi muribyo. Abantu bakoresha whatsapp ubu bamaze kurenga miliyari kw’ isi hose. Whatsapp yabaye nk’ isangano ry’ ibiganiro byinshi byo kuri za telefone zigendanwa. Niba ushaka kongera ubuhanga bwawe mukuyikoresha, iyi nkuru irabigufashamo. 1# Ushobora kwihitiramo abantu bemerewe kumenya amakuru yawe kuri whatsapp Nkuko kuri konti zo muri Facebook na Instagram bishoboka, kuri whatsapp...

Harubwo ushobora guhura n’ ikibazo cyo kuba utabasha gufungura ibintu bimwe na bimwe kuri mudasobwa

Mbere yo kugura mudasobwa ntoya igendanwa (laptop), hari ibintu byinshi ugomba kurebaho. Ugomba gukora ubushakashatsi kugirango umenye laptop zigezweho, ndetse naho ibiciro bigeze. Ugendeye kubyo wifuza kuzayikoresha, ushobora guhita ukura kurutonde bumwe mubwoko bwa za laptop watekerezaga mbere hanyuma ukareba kuzindi zishobora gukora ibyo wifuza. Niba utekereza kuba wazagura laptop, hano ngiye kukugezaho bimwe mubyagufasha wagenderahoukagura laptop nziza ikubereye kandi ishobora gukora...

Impamvu ibintu bimwe bijya byanga gufunguka muri mudasobwa

Harubwo ushobora guhura n’ ikibazo cyo kuba utabasha gufungura ibintu bimwe na bimwe kuri mudasobwa. Ahubwo ugahita ubona message ya : ’Access denied’. Ibi bishobora kubaho bitewe n’ impamvu nyinshi : 1. Umuntu uri kugerageza gufungura folder cyangwa file ntabifitiye uburenganzira 2. Ibintu biri gufungurwa byahinduriwe imiterere(the file may be encrypted) 3. Ibiri gufungurwa bishobora kuba biri gukoreshwa n’ abandi bantu(the file may be in use) 4. Ibiri gufungurwa bishobora kuba byangiritse(the file may be corrupt) 5. Imikorere idahwitse...

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More

 
a