vistiors n'ibihugu

Thursday 24 August 2017

Ni gute watangiza website yawe ikajya ikwinjiriza amafaranga?

amafaranga? Muri iki kinyejana cya 21, ikoreshwa rya interineti rikomeje gutera imbere mu buryo butangaje, bityo kimwe mu bintu bishobora gufasha umuntu kwinjiza amafaranga ni ukugira website imufasha kumenyekanisha ibikorwa bye cyangwa ushobora kuyigira ikaba ariyo business mu gihe waba uyikoresha nk’ikinyamakuru gikorera kuri interineti.Hari abantu baba bafite ubumenyi mu bintu bitandukanye bakesha kuba barakuye mu mashuri makuru na kaminuza; bityo bashobora kubikoresha bikabvinjiriza amafaranga. 1# Kora urubuga rugaragara neza Mu mimerere iyo ariyo yose, abantu bakunda ibintu bias neza. Bityo niba ukoze cyangwa ugakoresha urubuga rusa neza , kiba ari kimwe gituma usurwa n’abantu benshi Menya icyo wakora ngo ugire website ikunzwe Kora ubushakashatsi maze umenye impamvu ituma urubuga uru n’uru rusurwa cyane. Bimwe ukeneye kumenya ni uko kugira ngo urubuga rusurwe nanone ibishyirwaho bibigiramo uruhare. Tekereza ibijyanye no maintenance y’urubuga rwawe. 2#Ongera umubare wa serivisi utanga Kuba website yawe irebetse neza cyangwa ifite content nziza ntabwo bihagije . hari ibindi usabwa ngo urubuga rwawe rusurwe cyane. Muri ibyo bintu hari icyo bita mu cyongereza search engine optimization, submission, traffic promotion, internet marketing ndetse n’ibindi . birumvikana ko aho wakoresha urubuga ibi byose bataba babisobanukiwe. Bityo ugomba gutekereza ahantu wakoresha urwo rubuga. Njye nakurangira sosiyete ya Brain Technologiesltd Ltd yabigufashamo. 3#Koresha abakorerabushake Iyo ugitangira hari igihe uba utarabona amafaranga ahagije, bityo ushobora kwifashisha abakorerabushake. Uko ugenda ubona ubushobozi ubona gushaka abakozi bahoraho uhemba.ugomba gushaka abantu b’abafatanyabikorwa kugira ngo batume urubuga rwawe rumenyekana cyane.

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More