Igice cya 12 cy’inkuru y’urukundo kibagezeho. Niba ari ubwa mbere usomye iyi
nkuru banza usome ibice bibanza. Dore aho twagarukiye mu gice cya
11. Teta: aho kugira ngo nguhombe
uzitambika
nzamukura mu nzira. Rwenya: ngoooooooo???? Ngaho kurikira igice cya 12
ntucikwe udahomba
Teta: cheri erega kukubura bisa no
kwibura,
urumva ko ntakemera kwibura ndeba,
gusa
unyumve nanjye si njye pe. Rwenya:
Teta ariko ni
iki uzakora koko? Mbabarira
umbwire icyo
uzakora. Kugirango ndeke kukwita
best friend??
Ariko teta ntuzi ko nkundana na
Isimbi koko?
Ibaze ansanze ahangaha turi kumwe
njye nawe
kandi namubwiye ko ku kazi
bampamagaye!!!!!!
Teta: ariko Rwee, ni ukuri ntakubeshye
ni wowe
muhungu naririye mu gituza
ukampoza nkumva
hari imbaraga inyijyaniye aho
nanjye kugeza ubu
ntaramenya, gusa ni ukuri
sinzemera kuguhomba
ndeba,
Rwenya akiraho phone irasona
arebye asanga ni
Isimbi uhamagaye
Isimbi: alooo ! cheri wasanze bagushakira
amahoro? None se wambwira bya
bindi noneho
cheri? Disi mbwira nguteze yombi!
Kandi wibuke
ko turi bujyane gusura musaza
wanjye urwaye, sha
ndibuka ukuntu yambwiye ko yari
ageze final agiye
kubona akazi maze sha ako gahungu
kamukoreshaga kakarushaho kumugora
ngwatsindwe sha nkarushaho
kubabaraaa!
Rwenya: cherie ndumva ntameze neza
turaza
kuvugana nyuma sibyo cherie
(ntababeshye
numvise ubwonko buhagaze kubara
ntekereje
ukuntu najyana na Isimbi kureba
uwo musaza we)
tukiraho njye na Teta, Teta atangirakurira
mbanza
kumwihorera ngira ngo araceceka
ariko birushaho
kwiyongera
Rwenya: Teta! Teta! Teta! Teta!
Teta! (ntababeshye
yeguye umutwe arandeba numva ngize
amarangamutima maze mwiyegamiza mu
gituza)
tukiraho phone irasona! Nyitabye
numva ni Isimbi.
Rwenya: alooo cherie!
Isimbi: cheri nje kukureba kuko
wambwiye ko
utameze neza nanjye ubu nta mahoro
mfite.
Rwenya: hoya cherie birikugenda
biza gahoro
gahoro wikirirwa uza pe!
Isimbi: cheri ntacyiribumbuze kuza
kukureba.
Tukiraho wa musaza wabo yatunyuzeho
avuye kwa
muganga ndikumwe na Teta maze
atugezehooo………………………….
0 comments:
Post a Comment