vistiors n'ibihugu

Tuesday 14 April 2015

kubaho ku isi hari ibintu 7 biri ngombwa mubuzima

 kubaho ku isi hari ibintu 7 biri ngombwa harimo n’urukundo.

1.Imana :ubyange cyangwa ubikumde Imana niyo yakuremye kuba uriho ni kubwayo kandi iri hejuru ya byose.
2.Koga umubiri neza: uzamare iminsi utoga uzumve ukuntu uba umerewe , ejo uzatangira kuvuvuka n’izindi ngaruka nyinshi zikugereho.
3. Kuryama; Ngo buriya ntushobora kubaho utaryama ntibibaho kuko umubiri uba ukeneye kuruhuka ni itegeko. 4.Itumanaho: Telefone n’ibindi bituma umenya amakuru nka Facebook , Twitter n’ibindi,iyo ubaho ubura ibi byose uba uri mu icuraburindi
cyane.
5.Ibiryo: Ningombwa cyane kuko umuntu asonza ntiyabaho atarya , niyo mpamvu ibiryo ari ngombwa.
6.Urukundo: Urukundo ni ngombwa cyane kuko utarugira kubana n’abandi birakugora kandi niyo uteganya gushaka uwo muzabana ugomba kumukunda.
7.Amafaranga: Amafaranga niho ubuzima bushamikiye iyo utayafite biba bikomeye cyane, ubuzima buba bukugoye cyane.
Ibi iyo utabifite rwose usanga ubayeho bigoranye ariko ukabaho. Source:Naij

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More