vistiors n'ibihugu

Friday 15 May 2015

Dore uburyo ngo waba ushobora gukora imibonano mpuzabitsina ugasama umuhungu.

Dore uburyo ngo waba ushobora gukora imibonano mpuzabitsina ugasama umuhungu.
Mubushakashatsi butandukanye bwakozwe nk’uko tubikesha urubuga rwa howwe.biz rurerekana uburyo bwo gukora imibonano muzabitsina umugore akaba yasama umuhungu.
1.Uburyo bwa mbere ni ubwo bita”Doggie style: Ubu akaba ari uburyo umugabo ahera inyuma umugore, ibi bituma mushobora gusama umuhungu,Bikaba byaravuzwe n’umushakashatsi witwa Stacy Rybckin . Avuga ko iyo ukoresheje ubu buryo igitsina cy’umugabo kinjira mucyo umugore muburyo bworoshye cyane, mugihe umugabo agiye kurangiza biba byegereye cyane amasangano y’amasohoro y’umugore kuko ubwo buryo iyo bukoreshejwe amasohoro y’umugabo aba yiruka cyane.
2.Ubundi buryo ni ugukora imibonano mpuzabitsina mpagazi: Ubwo ngo butuma intanga ngabo zihuta cyane, aho iyo intanga ngabo zitagize inkomyi nubwo igitsina gabo kiba kitinjiye cyane rwose igikorwa nyamukuru kigerwaho.
3.Ubundi buryo ni ukubarira ko umugore wawe ari mugihe cy’uburumbuke: Iyo umugore ngo ari muri iki gihe wirinda gukora imibonano muzabitsina mu minsi 4 cyangwa 5 , aha ngo ugomba kubikora muntangiro za ovulation cyangwa mu gihe cy’uburumbuke bw’umugore, noneho ya minsi uba utemerewe intanga ngabo ziba zitegereje guhura n’izingore. Ubu buryo nabwo ngo bwaba butanga amahirwe yo gusama umuhungu Ibi umuhana muby’ubuvuzi ni we wabivuze witwa Carmen Kosicek.
4.Kurya ibiribwa birimo bikungahaye kuri Carolies: Mu bushakashatsi bwakozwe muri Kaminuza ya Exeter mubwongereza, buvuga ko kuba umugore yarya ibiribwa bikungahaye kuri Carolies nabura 400 carolies k’umunsi , akarya n’ibinyampeke ngo ibi byamufasha gusama umuhungu, ibiribwa birimo Corilies havugwamo ibitoki’amafi ndetse n’imboga.
5.Guha umugabo cyane ibinyobwa bikungahaye ku ikawa: Ubu buryo ngo ushobora guha ikinyobwa gikungahaye ku ikawa umugabo wawe iminota 30 mbere y’uko mutera akabariro, bishora guha amahirwe umugore gusama umuhungu. Ibi byakorewe ubushakashatsi na Dr Shettles
Ngo wowe mugore ukaba ugomba guhitamo uburyo bukorohera muri ubwo kuko ngo byaba butuma igitsina cy’umugore kitegura kurushaho kwakira intanga ngabo bigatanga amahirwe yo gusama umuhungu.

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More