vistiors n'ibihugu

Monday 4 May 2015

INKURU NDENDE Y'URUKUNDO IGICE CYA 14


Kurikirana igice cya 14, nkwisabire niba aribwo
bwa mbere ubonye iyi nkuru banza usome ibice
byayibanjirije kugira ngo umenye aho twatangiriye.
Rwenya: utambwira ko wayitabye we!!
Teta: ushobora kumbwiza ukuri impamvu
utambwiye ko Iphone 4 ari Isimbi hakiri kare? Kuki
ariko umwita? Niba se mukundana kuki utamwita
iphone 1? Harundi se wita iphone 1 ? Imibare
wongera kuri iphone ningahe uhereye kuri 1? Kdi
Rwenya ndakumenyesha ko nshaka ko umbwiza
ukuri uko uri kwiyumva kubyerekeranye
nurukundo rwawe na Isimbi.
Rwenya: Teta wambabarira nkazakubwiza ukuri
nakize? (ntababeshye numvise nshobora kuba
ngiye kubahomba bose dore ko Teta we yari
amaze kumenya ko namubeshye) Isimbi
yihamagariye noneho Teta.

Isimbi: Teta naba narindimo kurota cyangwa ni
wowe wanyitabye mu gihe nahamagaraga
Rwenya??
Teta: Ntabwo warotaga peee!
Isimbi: wakoraga iki wowe na Rwenya? Mwari muri
hehe?
Teta: Rwenya ari mu bitaro ntabasha kwitaba
phone
Isimbi: kuki ari wowe wamenye ko arwaye mbere
yanjye? Umurwaje nkande? Kuki utabimenyeshe
mbere bikiba?
Teta: ukuri uzakumenya vuba.
Musaza wa Isimbi na Teta yaje kongera
kuzanzamuka dore ko yari yahungabanye asanze
Rwenya ari kumwe na Teta yamwiyegamije maze
Isimbi aramusanga, dore ikiganiro bagiranye
Isimbi: bro waba uri kwiyumva ute?
Musaza we: sinakekaga ko ka gahungu katumye
mbura akazi katinyuka no kuvogera umuryango
wacu!!!
Isimbi: kawuvogera gute se kdi?
Musaza we: nashakaga kukubwira ko igihe navaga
kwa muganga nasanze…………ntuzacikwe nibice bikurikira 
uracyari kumwe nishuti yanyu Eugene

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More