vistiors n'ibihugu

Friday 15 May 2015

INKURU Y'URUKUNDO NDENDE IGICE 15



Musaza we: ubwo navaga kwa muganga nasanze
ka gahungu kiyegamishije Teta mugatuza
kanyuzamo kakamusoma
Isimbi: kakamusoma?
Musaza we: yego rwose
Isimbi: ok bihorere Teta aransobanurira.
Isimbi kuri phone tururu tururu.
Teta: hello sister
Isimbi: ndagukeneye byihutirwa
Teta: aratecyereza ubuse ni gute nasiga Rwenya
ariko reka numve icyo ambwira kuri phone

ngusange mu rugo cg hoya nsanga hano kuri 40 i
Nyamirambo hari icyo nshaka ko umfasha
Teta: sawa ndaje arakupa
Teta: cheri hari umuntu ngiye kureba ndahita
ngaruka (ubwo numvaga meze nabi ntumva nibyo
ambwira neza
Rwenya: sawa
Teta: hello urihe ko ndi hano ku cyapa sister?
Isimbi: Ndi hano munsi ya pharmacy aho ubona
aga cantine
Teta: ok ndakubonye
Maze baricara.
Isimbi: Teta kuki wemeye gukundana na Rwenya
kandi uzi ko dukundana
Teta: Isimbi ndagukunda tuva indimwe ariko kuba
nkunda Rwenya ni ihurizo nanjye ntasobanura
Isimbi: none se ko mukunda nkaba ntanamureka
wumva bizagenda gute?
Teta: turi amaraso amwe numva twamusangira
ukajya uryama ibumoso nanjye iburyo
tukamwinjoyinga twese
Isimbi: nabwiye umutima wanjye ko ntazigera
nsangira Rwenya kuko atari ibiboga bibi byanze
kuva mu nkono
Teta: nanjye nabwiye umutima wanjye ko ngomba
kuzarinda nsaza agatoki ku kandi aho tuzajya duca
kwa Rubangura abato biga urukundo tukababera
urugero.
Isimbi: amarira abunga mumaso aramubwira ngo
ndaje reka nihagarike
Teta: ntutinde kuko umukunzi wanjye ameze nabi
(asa nkumwihenuraho)
Isimbi: ageze mu gikari ahereza umuserveri
agacupa aramubwira ngo icyo agusaba
umushyiriremo ndaguha miliyoni.
Umuseriveri: ubwose bamfashe?
Isimbi: humura Ndi mukuru we nzakurenganura
Umuserveri: nonese ni iki cyanyemeza ko uyampa?
Isimbi ahita amusinyira check
Isimbi: agarutse murumuna wanjye ntacyo
nakwima uretse uburozi ese ko ntacyo kunywa
wasabye?
Teta: ahobera Isimbi uramumpariye?
Isimbi: sindamuguharira burundu nurokoka
uzamujyane
Teta: nindokoka?
Isimbi: yego kuko bro wacu yavuze ko utari
bumukire yakubonanye na Rwenya
Teta: apu ibyo ntacyo,
Isimbi: barumani, barumani.
Umuserveri yari hafi aho aritaba mubaze icyo
anywa.
Teta: nzanira amata akonje
Umuserveri: igikombe kinini cg igito?
Teta: igito
Batarayazana musaza wabo aba yinjiranye nundi
mushuti we aho bashiki be bari bari

Igice cya Cumi na Gatandatu kiraje.

0 comments:

Share

Twitter Delicious Facebook Digg Stumbleupon Favorites More