Batarazana amata musaza wabo aba
yinjiranye na
mushuti we Bertrand baherukanaga
kera uwo
Bertrand akaba yarigeze gukundana
na Tete baza
kuburana. Musaza wabo kayitare
ahita akunja isura
abonye Teta amwibukije ibya
Rwenya.
Teta: pas possible Bertrand ni
wowe cg?
Bertrand: ni njyewe rwose (baba
barahoberanye
Bertrand atangira kwibuka ibyabo bya
kera amarira
abunga mu maso)
Teta: None se mwari muzi ko
turaha?
Bertrand: Wapi mpuye na Kauitare mu mugi
Bertrand: Wapi mpuye na Kauitare mu mugi
twaherukanaga kera tuza
twiganirira hari uwo twari
dufitanye gahunda hano i
Nyamirambo.
Isimbi mu mutima (ariko
uwamwambura ariya
mata atarayanywa ko yakundanaga na
Bertrand
cyane buriya ntiyandekera Rwenya
akagumana na
Bertrand.
Mugihe akibitecyereza uko yamubuza
kuyanywa ko
batabikeka ko yari yamuroze.
Teta: Bertrand mu gihe
batarabazanira icyo
kunywa reka tube dusangira
amuhereza cya
gikombe atarasomaho.
Isimbi: asa nkuhaguruka yigira nk’uwarugwishijwe
na taro y’urukweto aba afashe ukuboko kwa
Bertrand igikombe kikubita ku meza
amata
ameneka kuri Teta.
Isimbi: Sorry ni inkweto yari
ingwishije.
Bose baseka ibibaye Kayitare: yari
aryoshye
nibazane andi baraseka.
Isimbi: reka mbasabire ako
kwihanaguza aba
aragiye ajya gukaraba hanze
yohereza uhanagura
ameza
Maze teta afata cya gikombe
mukukiramira hari
hasigayemo amata macyeya ayasuka
muya Isimbi
ngo batware cya gikombe
Isimbi aba aragarutse
Kayitare: tuzanire ikivuguto
gikonje
Umuserveri: nzane ibikombe bingahe
Kayitare: zana 2 binini na kimwe
gitoya
Teta: uzane n’amasambusa nka 10
Bertrand: urantangiye
Teta: araseka ndabizi ko aricyo
kintu wakundaga
cyera kereka niba waranyanganye
nayo
Isimbi: mu mutima yes Teta
aracyamukunda kandi
Bertrand nI uwo igikundiro ntawe
utamukunda.
Umuserveri aba arabizanye
muryoherwe.
Buri umwe afata igikombe cye
aranywa mu kanya
gato.
Isimbi: Ndumva umutwe undiye
Kayitare: Reka nkuzanire action
hano kuri
pharmacy.
Yagarutse yatangiye kuzana urufuzi
Bertrand yari
afite imodoka baba bamujyanye kwa
muganga ari
naho Rwenya yari arwariye.
Dr: ibipimo birerekana ko yanyweye
umuti
w’imbeba ariko twagerageje kumurutsa
arahembuka nyuma y’amasaha 72.
Teta: aba agiye kureba Rwenya
ariko yihisha
Kayitare kuko aziko atumvikana na
Rwenya
Rwenya: Teta uracyahumeka
Teta: yego kuki umbajije gutyo?
Rwenya: mbaye nkusinzira ndota uri
gusamba.
Teta: sinjye ni. Ahita aceceka ngo
atamubwira ko
ari Isimbi akamubaza aho ari ngo
amurebe
Rwenya: ngo siwowe ninde?
Teta: ni inzozi zawe.
Rwenya aba akuruye Teta amushyira
mu gituza
atangira kumubwira amagambo ameze
atya
“Icyagusimbura
Teta tetero ryanjye ni iki? Ni igiki
koko ku isi? Ni igiki cyabibasha?
Gufata umwanya
wawe, kunkunda nkuko unkunda?
Sinaguhisemo
naraguhawe. Sinakuremye uretse ko
wandemewe. Icyo ngushakira ni
ukuramba,
ukambona nanjye nkaba umugabo
wawe. Nkagutetesha Tete wowe
tetero ryanjye.
Mu gihe teta yumiwe kubwo amagambo
ari kumva.
Kayitare: Bertrand Teta arihe ko
ariwe ufite
handbag ya Isimbi kandi ko bashaka
ID
(indangamuntu) ya Isimbi?
Bertrand: mbonye yinjira hariya
muri Room ya 13
Bertrand akinjira asanga Teta ari
kuririra mu gituza
cya Rwenya.
Ese noneho Kayitare n’ukuntu yanga ka Rwenya
byaje kugenda gute ntucikwe n’igice cya 17
byaje kugenda gute ntucikwe n’igice cya 17
0 comments:
Post a Comment